
AFC/M23 yavuze ko Abasirikare ba FARDC bazinjira mu ngabo zayo
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu (FARDC) ari cyo kizinjizwa mu barwanyi baryo kuko ari bo bafite ubushobozi bwo kugarura umutekano n’ituze mu gihugu.
Ubu butumwa bwatanzwe René Abandi uri mu bashinze M23 akaba n’imwe mu ntumwa zahagarariye iri huriro mu biganiro byabereye muri Qatar, mu kiganiro ubuyobozi bw’iri huriro bwagiranye n’abanyamakuru, i Goma kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025.

Tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC na AFC/M23 byumvikanye ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro, bibifashijwemo na Leta ya Qatar ihuza impande zombi kuva muri Werurwe.
Mu ngingo zigize aya mahame harimo ko ibice byose by’ig

Iri huriro ryasobanuye ko abarwanyi baryo bashoboye kubungabunga umutekano n’ituze mu bice bagenzura, mu gihe umutekano wazambye mu bice igisirikare cya RDC kigenzura. Ibi bisobanuro Abandi yabishingiyeho, agira ati “Abasirikare bose ba FARDC bazinji
Tanga igitekerezo