Gisele Beauty Salon ni igisubizo ku bantu bifuza gusa neza igihe cyose

img
Ibikoresho byose barabigira

Burya aho abantu bose bava bakagera ntawe utifuza gusa neza aho yaba ari hose. Ibi biba umwihariko cyane ku gitsina gore kuko uretse imyambaro baba bifuza guhora bagaragara neza ku ruhu rwabo. Uyu munsi reka tukurangire abanyamwuga bakora serivise zinyuranye aho bakwitaho ugasigara wumva ubaye undi muntu mushya , Gisele Beaaty Salon.

Mu byo bakora harimo kwita ku ruhu bagatuma rusa neza (makeup) ndetse no gutunganya inzara. Ibi byose babikorera ku giciro gito ugereranyije n’ahandi.
Ino salon iri i Rubavu,muntu uje abagana baramukorera cyangwa akabahamagara bakamusanga aho ari hose mu gihugu cy’u Rwanda. Abategura iminsi mikuru isanzwe nk’isabukuru, ubukwe n’ibindi , barabakorera bagaseruka basa neza cyane.

Niba ushaka kugira icyo ubabaza hamagara iyi nimero cyangwa ubandikire kuri WhatsApp +250 726 693 635.

KANDA HANO WUMVE RADIO

img

img
Uwo bakoreye ahita asa neza

Share:
Andi makuru byerekeranye

Ibitekerezo 0

Tanga Igitekerezo