Perezida Kagame yijeje Abanyarwanda umutekano uhamye

img
Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda mu ijambo yagejeje ku banyarwanda mu ntangiro z’umwaka wa 2024, yumvikanye agaruka ku mutekano w’igihugu ndetse anashimira ababigiramo uruhare ngo ubungabungwe neza.

Yagize ati: “Twe tuzakomeza gukora ibikenewe kugira ngo abanyarwanda bahore batekanye uko byagenda kose.Kandi u Rwanda ruzakomeza gukora uko rushoboye, mu bushobozi bwacu gufasha abavandimwe bacu ahandi muri Afurika mu kugarura no gusigagasira mu kugarura amahoro n’umutekano.”

Perezida w’u Rwanda, Kagame Paul, yashoje iri jambo yifuriza buri munyarwanda guhirwa muri uyu mwaka no kugera kuri byinshi mu iterambere.

KANDA HANO WUMVE RADIO

img

img

Share:
Andi makuru byerekeranye

Ibitekerezo 0

Tanga Igitekerezo